Sindi Uw’isi

Muri iyi si ndi umushyitsi kandi ndi umwimukira
Gakondo yanjye iri mu ijuru niho Yesu yangeneye
Muri iyi si ndi umushyitsi kandi ndi umwimukira
Gakondo yanjye iri mu ijuru niho Yesu yangeneye

Hari umunsi nzavanwa mu isi nsange Umwami Yesu
Wankunze nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi
Hari umunsi nzavanwa mu isi nsange Umwami Yesu
Wankunze nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi
Nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi

Niringiye kuzabona ubugingo buhoraho iteka ubwo
Imana itabasha kubeshya yasezeranije kera
Niringiye kuzabona ubugingo buhoraho iteka ubwo
Imana itabasha kubeshya yasezeranije kera

Hari umunsi nzavanwa mu isi nsange Umwami Yesu
Wankunze nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi
Hari umunsi nzavanwa mu isi nsange Umwami Yesu
Wankunze nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi
Nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi

Ubu njye iwacu ni mu ijuru aho Yesu azava
Azahindura umubiri wanjye awushushanye nuwo ubwiza bwe
Ubu njye iwacu ni mu ijuru aho Yesu azava
Azahindura umubiri wanjye awushushanye nuwo ubwiza bwe

Hari umunsi nzavanwa mu isi nsange Umwami Yesu
Wankunze nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi
Hari umunsi nzavanwa mu isi nsange Umwami Yesu
Wankunze nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi
Nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi

Bakundwa ubu ndi umwana w' Imana uko nzasa
Ntikureranwa icyo nzi Yesu niyerekanwa nanjye nibwo nzasa nawe
Bakundwa ubu ndi umwana w' Imana uko nzasa
Ntikureranwa icyo nzi Yesu niyerekanwa nanjye nibwo nzasa nawe

Hari umunsi nzavanwa mu isi nsange Umwami Yesu
Wankunze nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi
Hari umunsi nzavanwa mu isi nsange Umwami Yesu
Wankunze nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi
Nubwo ubu ndi mu iriyi si ariko ntabwo ndi uwisi
Log in or signup to leave a comment

NEXT ARTICLE